UKO AMASHITANI YAGIYE ABYARANA N’ABANTU URUBYARO RWAYO RUKAGWIRA MW’ISI KANDI RUKABA RUKIRIHO (Igice cya mbere) yanditswe bwa mbere tariki 08/02/2017
Ushobora kwibaza impamvu muri Bibiliya harimo urukurikirane rw’ibisekuruza by’abantu. Hari aho uzasanga bavuga urubyaro rwa Satani kubera ko abantu bakunze kumva ko ibya Bibiliya ari imigani igoye kumva no gusobanukirwa ibyo ishushanya, akenshi siko biri ahubwo uko ikintu kivuzwe niko kiba kiri mu buzima busanzwe. Yesu yavuze ko hari abana...