IMIBARE Y’IMANA N’IMIBARE YA SATANI
Yesu yahise anyereka gariyamoshi igenda, ubwo abantu bagendaga bavamo bageze aho bajya, arambwira ati isi yanyu imeze nka gariyamoshi igenda, izagera ubwo igera ku iherezo ry’urugendo abantu bose bavemo. Iyo ikigenda buri muntu uyirimo afitanye rendez-vous n’urupfu ari naho ubonye buri wese agera aho agasohokamo. Ahita ajya aho ategerereje umunezero...