ANGELA CHIBALONZA YARIMBUJWE N’UTUNTU DUTOYA, TUZAKOMEZA KURIMBUZA BENSHI B’IGITSINAGORE BADASHAKA KUNYURA MU NZIRA IFUNGANYE.
Bene data namwe bashiki bacu, aka kanya tugiye kubagezaho buhamya bw’itemeberezwa akuwe mu mubili na Kristo akaza kuwugarukamo. Yamweretse byinshi bibaho nyuma y’urupfu, n’ubuyo hari bamwe bashobora kwibeshya ubgingo bakorera Imana ariko batamaramje neza ngo banyure mu nzira ifunganye ahubwo bagafatanya iby’iby’isi n’ijuru. Amosi 3:7. Ni ukuri Uwiteka Imana ntizagira...