‘MURABONEYE ARIKO SI MWESE’

Turirimbane indirimo ya 373 muzo Gushimisha Imana. 1. Harihw’icyo nkwaka Mwami Nubwo mpora ngucumuraho; Mwam’ unyeze unyejeshe Amazi cyangw’umuriro Inyikirizo: Mpanagurwe hose, Mwami, N’umuriro nib’ushaka Nkir’ibyaha birimburwe; Nkir’ibyaha birimburwe 2. N’ untunganiriz’ ubgenge Nzanezerwa, nzaguhimbaza Arik’umutima wera, Ndawushaka kurutaho 3. Ninezw’umutima wanjye Ni bgo nzunguk’ubgenge bgose Bgo mw’ijuru, bgo mw’ijuru,...

Continue reading

DORE IGIHE CYO GUTAHA KIRAGEZE BENE DATA MWITEGURE, MWITEGURA KANDI MWONGERE MWITEGURE NEZA CYANE.

Ndabaramukije mu izina ry’umucunguzi wacu Yesu kristo. Reka turirimbane indirimbo ya 385 mu ndirimbo zo Gushimisha Imana. 1.Murinzi we menyesh’ igihe ! I wacu se n’i muhero? At’ijoro ryinjiye cyane : Buracya hanyuma Ntukarire, ukomeze; Nturorere kwiringira, Kugez’igih’ uzagerayo Ku muns’uhoraho 2. Murwanyi we, tyo mbwira nawe ! Ansubiza yitonz’ati...

Continue reading

UMUGAMBI WA SATANI WO KUBARA ABATURAGE.

IBARA RY’ABATURAGE (IBARURA RUSANGE) KWAKURIKIWE NO KURIMBUKA MU BABARUWE!!! Bene data bakundwa ndabasuhuje. Uyu munsi tugiye kugereranya amabarura. Icyo ntashidikanya ni uko kugeza uyu munsi hari impamvu intera kugereranya ibyo tugiye kurebera hamwe mu kanya: Dusome: 1. Ngoma 21:1. Bukeye Satani ahagurukira Abisirayeli, yoshya Dawidi kubara Abisirayeli. 2. Dawidi abwira...

Continue reading

UBUHAMYA BUGENEWE CYANE IGITSINAGORE, ABAKUNDA IBITANGAZA, ABAKOMEREKEJWE N’ABIYITA ABAKRISTO BAHURIRA NABO MU NSENGERO NDETSE N’ABIYITA ABAKOZI B’IMANA.

MURARUSHAHO GUSOBANUKIRWA N’UKO BAMWE MUBO MUBONA BAGENDA NDETSE BASHOBORA NO KU INSHUTI ZANYU ATARI ABANTU BUNTU GUSA, HABAMO N’AMADAYIMONI YAMBAYE UMUBILI. IGISHIMISHIJENUKO YESU YITEGUYE KUTUGIRIRA NEZA AKADUKIZA, IGIHE CYOSE TUMUSHANYE UMWETE TUTARYARYA. NYIRAMATWI YUMVA ABWIRWA BIKE, IBINDI AKIYUMVIRA. Ndabsuhuje benedata nan a bashiki bacu dusangiye gucungurwa muri Kristo Yesu. Ubu...

Continue reading

INGABO ZIGOSE AHANTU HOSE NUBWO BENSHI BATARABIMENYA.

Yesu ashimwe bwoko bw’Imana. Birakwiye ko dushima Imana muri byose nk’uko tubibwirizwa n’Ijambo ryayo. Ntidukwiye gushima mu byiza gusa, ngo ibibi nibiza twumve ko Imana itagikwiye ishimwe. Yobu abyitegereje abisobanurira umugore we, kanid kuri we byarangiye neza, amashimwe menshi agaruka mu mutima we. Uyu munsi mucyo turebere hamwe uburyo Uwiteka...

Continue reading

TWIYAMBURE TWAMBARA

Abaheburayo 12:1. Nuko natwe ubwo tugoswe n’igicucu cy’abahamya bangana batyo, TWIYAMBURE IBITUREMERERA BYOSE N’ICYAHA KIBASHA KUTWIZINGIRAHO VUBA, dusiganirwe aho dutegekwa twihanganye 2. dutumbira Yesu wenyine, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose, yihanganiye umusaraba ku bw’ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw’intebe y’Imana. Itangiriro...

Continue reading

IGITABO HENOKI YANDITSEABURIRA URUBYARO RWE (IGICE CYA GATANU ARI NACYO CYA NYUMA)

92. Iki gitabo cyanditswe na Henoki yuzuzamo amagambo y’ubwenge, acyandikira abana be bose bazatura ku isi. kugirango ab’iisekuruza bizaza bazabeho mu gukiranuka kandi bababye amahoro. Ntuhagarikwe umutima n’ibihe, kuko Uwiteka yashyiriyeho ikintu cyose igihe cyacyo. Kandi Uwiteka Imana izazura abagendera mu nzira yo gukiranuka bose. Kandi inzira ze zizamugeza mu...

Continue reading