IBISEKEURUZA-NYOKOMUNTU : URUPFU RWA SETI, METUSELA NA NOWA. MAY 8, 2017

IBISEKEURUZA-NYOKOMUNTU : URUPFU RWA SETI, METUSELA NA NOWA IBISEKURUZA-NYOKOMUNTU UBUZIMA BWA NOWA. Nkuko twagiye tubobona hari ibintu Bibiliya cyangwa se abakoze ibihimbano by’Umwuka/indirimbo babaga bahishuriwe cyangwa se barasomye ndetse no kwigishwa mu byabayeho, hagati y’Imana n’abantu bayo bitashoboye kwandikwa muri Bibiliya kubera ubwinshi bwabyo. Uyu munsi turareba ubuzima bwa Nowa, abantu...

Continue reading

URUPFU RWA KAYINI N’UBURYO ABUZUKURUZA BA SETI UMUHUNGU WA ADAMU, NIBO BATANGIYE KUBUZA ABANTU KUBYARA! /BISA CYANE NA FAMILY PLANNING. MAY 4, 2017

Lameki umuhungu wa Metushayeli, yaje uba umukwe wa Kanani, nyuma yo kurongora abakobwa be babili aribo: Ada na Zillah,maze Ada, amubyarira umwana witwa Yabalu nyuma aza kubyara kandi Yubalu. Ariko Zila we yari ingumba. Muri icyo gihe ku ibitiro ntiyabasha kubyara umwana. Abana b’abantu batangira kugomera Imana bica amategeko Imana...

Continue reading

URUPFU RWA ADAMU NA EVA , IHAMBWA RYABO NDETSE NA ABELI

URUPFU RWA ADAMU Amaze imyaka Magana cyenda na mirongo itatu, Adamu yafashwe n’uburwayi, arataka mw’ijwi ry’umuborogo ahamagara abana be bose ngo baze agire icyo ababwira mbere yuko apfa. Abamukomokaho bose baraza baramukikiza maze nawe abagabanyamo ibice bitatu. Ubwo abana be bamaze gukorana bamubaza icyo yabahamagariye, arabasubiza ati ndarwaye, nabo baramusubiza...

Continue reading

IBISEKURUZA-NYOKOMUNTU GUHERA KURI ADAMU N’URUPFU RWE GUKOMEZA: ICYO KAYINI YICIYE ABELI. APRIL 6, 2017

Ibikurikira….. Maze eva abwira Adamu ati: “Adamu we, wikirire kuko utafatanyije nanjye gucumura, haba ubwa mbere ndetse n’inshuro ya kabili mbeshywa na Satani, Ijambo ry’Imana rizandemerera, ati ubu ngiye kwibera iburengerazuba ndya ibyatsi byagenewe amatungo, kugeza igihe nzapfira, kuko kubwo gucumura kwanjye ntakwiriye ibyo kurya bihoraho. Maze Eva yerekeza iburengerazuba...

Continue reading

IBISEKURUZA-NYOKOMUNTU: ADAMU NA EVA APRIL 3, 2017

1:ICYO IMANA YAPFUYE NA SATANI BIGATUMA AHANURWA MW’IJURU AGATABWA MW’ISI. Iyo dusomye Bibiliya tubona neza uburyo Imana yaremye umuntu. Umuntu asa n’Imana. Tugiye gukomeza turebe amavu n’amavuko y’uburyo umuntu yirukanywe muri Eden( Paradizo). Bibiliya ntiyakwandikwamo buri kintu cyose uko cyagenze ngo bishoboke. Ariko siko bitanditswe ahubwo nta kintu na kimwe...

Continue reading

IBISEKURUZA-NYOKOMUNTU GUHERA KURI ADAMU N’URUPFU RWE GUKOMEZA Apr 3, 2017

ILIBURIRO Bibiliya ni igitabo gikubiyemo amateka y’Imana n’abantu bayo uko bagendanye nayo mu buryo bunyuranye. Guhera ku kuremwa kw’Adamu ugakomeza ntawabyandika ngo abone igitabo kimwe byakwiramo. Kubera iyo mpamvu rero hari ibintu byinshi byabayeho, biri mu bitabo bya kera cyane byakoreshwaga n’abantu b’Imana. Bandikaga amateka yabo n’Imana bakabibika mu nyubako...

Continue reading

ITANGAZO KURI KORONAVIRUSI

Yesu ashimwe. Ubu butumwa nanjye bwangezeho numva ari byiza ko nabuhidura mu kinyarwanda ngo mbubagezeho namwe kuko numvise ari ingenzi ko mubimenya.Ubu nibwo busobanuro mu kinyarwanda:Izina ry’Uwiteka rihabwe icyubahiro. Nitwa Madame Agathe Banangoyi nkaba ndi umujakazi w’Imana, ntuye muri Karoline y’amajyaruguru muri Amerika.Nari mu masengesho mu gihe nkiki ndi imbere...

Continue reading