ISHYANO RYAGUYE MU ISI NI UKO ABATEMERA IMANA BADASIBA KWIVANGA N’ABAYISENGA!

Ndabasuhuje mu izina ry’Umwami Yesu Kristo mwe dusangiye gucurwa mwese. Uyu mwanya turebere hamwe ibiteye agahinda byadutse hagati muri twe, nyamara benshi batajya baha agaciro bakabifata nk’ibigezweho, kandi bury anta kigezweho kiriho na mba nk’uko tubisanga. (umubwiriza 1:10. Mbese hariho ikintu cyavugwa ngo “Dore iki ni inzaduka”? Na cyo cyahozeho...

Continue reading

IGIHAGARARO CYAWE IMBERE Y’ABANTU GIKWIYE KWEREKANA/ KUBAHISHA IMANA IYO MUZIRANYE KOKO.

Kumenyana bibaho hagati y’abantu iyo umwe azi neza undi, n’uwo wundi akamenya mugenzi. Aha iyo tuvuze Imana yo, izi buri wese kuva ataraba urusoro munda nya nyina. (Yeremiya 1:5. “Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko kandi nakwejeje utaravuka, ngushyiriraho kuba umuhanuzi uhanurira amahanga.”) Ahangaha Imana yabwiye Yeremiya ko imuzi neza...

Continue reading

HISHA ISONI Z’UBWAMBURE BWA MUGENZI WAWE!

Benedata dusangiye gucungurwa ndabaramukije mu izina rya Kristo Yesu. None, mucyo tuganire ku bibabaza Imana nyamara tudaha agaciro mu buzima bwacu bwa buri munsi. Kuva mu itangiriro kugeza mu Byahishuwe, nta na rimwe Imana yihanganira kubona umuntu waremwe mu ishusho yayo yambaye imbunuze cyangwa se ubusa buriburi. Itangiriro 1:26. Imana...

Continue reading