BILLY GRAHAM YISHINZE ICYUBAHIRO CYO MU ISI KIMUBUZA IJURU.

IYEREKWA RY’IBYO MU IJURU. (Igice cya mbere) Bene data bashiki bacu mbere y’uko mbagezaho ibyo neretswe, tubanze dusome ibyanditswe ubwo nagize iyereka inshuro makumyabili n’eshanu nerekwa ibyo mu Ijuru n’ikuzimu ndetse n’ibyo nahabonye. Bibiliya iravuga iti : (2Abakorinto 12:2. Nzi umuntu wo muri Kristo wazamuwe akajyanwa mu ijuru rya gatatu,...

Continue reading

IGIHE CYO GUHUNGA CYARASHIZE, N’IGIHE CYO KUGOTWA CYARARANGIYE, HAGARARA MU MWANYA WAWE, UGUME AHO URI.

Turirimbe indirimbo ya 38 mu ndirimbo z’Agakiza. 1.Nowa ku ki wubak’ iyo nkuge? Urakor’ iby’ umupfapfa rwose Dor’ utuy’ imusozi, kandi nta maz’ ahari Iby’ ukora biratuyobeye 2.Uwiteka ni we wabivuze, Yukw abagizi ba nabi bose Abujuj’ is’ ibyaha bazamarwa n’ amazi Ayo maz’ azabar’ umwuzure 3.Bagir’ inama yo kubazanya...

Continue reading

NUBWO WUBATSE RUGAKOMERA BIRASHOBOKA KO WABA URI INGARAGU!

ICYIGISHO CYO KU WA GATANU TARIKI 08-11-2019. NUBWO WUBATSE RUGAKOMERA BIRASHOBOKA KO WABA URI INGARAGU! URUHARE RW’UMUFASHA. Itangiriro 2:18. Kandi Uwiteka Imana iravuga iti “Si byiza ko uyu muntu aba wenyine, reka muremere umufasha umukwiriye.” 1Abami 19:19. Nuko avayo, aragenda asanga Elisa mwene Shafati, ahingisha inka zizirikanijwe ebyiri ebyiri mu...

Continue reading

BITWA BANYIRIBUTUNGANE BIGISHA ABANTU GUSENGA IBISHUSHANYO NYAMARA BIRANGIRA BARUHUKIYE MU IRIMBUKIRO NDETSE N’ABABAKURIKIRA BOSE. IYO NGIRA NTYA YARI IJAMBO, NI UKO YAJE NYUMA!

Iri ni iyerekwa rya Mutoni tugikomeje, muri iki gice tugiye kubona ibindi bibasha kudufasha kurushaho gusobanukirwa n’ibyo abantu bajyaho impaka zidashira ariko kuva uyu munsi murasobanukirwa,uburyo abantu bashobora kuba baziko bafite amaso abona nyamara ari impumyi nkuko tubisoma muri Zaburi 115 noneho amahitamo abe aya buri muntu ku giti cye....

Continue reading