IYEREKWA KU GICUMBI CYA SATANI MU MADINI. (Byatambutse bwa mbere 30-03-2016)

ABA BANTU BARACYASUBIZA YESU KU MUSARABA – Abasenga bakoresheje ishapure, Tasbih, abakora ibitangaza byo kwiyamamaza ko bakomeye,nka TB Joshua, n’abandi benshi: Yeremiya 20:9 Kandi iyo mvuze nti “Sinzamuvuga, haba no guterurira mu izina rye”, mu mutima wanjye hamera nk’aho harimo umuriro ugurumana, ukingiraniwe mu magufwa yanjye simbashe kwiyumanganya ngo nyabike....

Continue reading

‘MURABONEYE ARIKO SI MWESE’

Turirimbane indirimo ya 373 muzo Gushimisha Imana. 1. Harihw’icyo nkwaka Mwami Nubwo mpora ngucumuraho; Mwam’ unyeze unyejeshe Amazi cyangw’umuriro Inyikirizo: Mpanagurwe hose, Mwami, N’umuriro nib’ushaka Nkir’ibyaha birimburwe; Nkir’ibyaha birimburwe 2. N’ untunganiriz’ ubgenge Nzanezerwa, nzaguhimbaza Arik’umutima wera, Ndawushaka kurutaho 3. Ninezw’umutima wanjye Ni bgo nzunguk’ubgenge bgose Bgo mw’ijuru, bgo mw’ijuru,...

Continue reading

DORE IGIHE CYO GUTAHA KIRAGEZE BENE DATA MWITEGURE, MWITEGURA KANDI MWONGERE MWITEGURE NEZA CYANE.

Ndabaramukije mu izina ry’umucunguzi wacu Yesu kristo. Reka turirimbane indirimbo ya 385 mu ndirimbo zo Gushimisha Imana. 1.Murinzi we menyesh’ igihe ! I wacu se n’i muhero? At’ijoro ryinjiye cyane : Buracya hanyuma Ntukarire, ukomeze; Nturorere kwiringira, Kugez’igih’ uzagerayo Ku muns’uhoraho 2. Murwanyi we, tyo mbwira nawe ! Ansubiza yitonz’ati...

Continue reading

UMUGAMBI WA SATANI WO KUBARA ABATURAGE.

IBARA RY’ABATURAGE (IBARURA RUSANGE) KWAKURIKIWE NO KURIMBUKA MU BABARUWE!!! Bene data bakundwa ndabasuhuje. Uyu munsi tugiye kugereranya amabarura. Icyo ntashidikanya ni uko kugeza uyu munsi hari impamvu intera kugereranya ibyo tugiye kurebera hamwe mu kanya: Dusome: 1. Ngoma 21:1. Bukeye Satani ahagurukira Abisirayeli, yoshya Dawidi kubara Abisirayeli. 2. Dawidi abwira...

Continue reading

UBUHAMYA BUGENEWE CYANE IGITSINAGORE, ABAKUNDA IBITANGAZA, ABAKOMEREKEJWE N’ABIYITA ABAKRISTO BAHURIRA NABO MU NSENGERO NDETSE N’ABIYITA ABAKOZI B’IMANA.

MURARUSHAHO GUSOBANUKIRWA N’UKO BAMWE MUBO MUBONA BAGENDA NDETSE BASHOBORA NO KU INSHUTI ZANYU ATARI ABANTU BUNTU GUSA, HABAMO N’AMADAYIMONI YAMBAYE UMUBILI. IGISHIMISHIJENUKO YESU YITEGUYE KUTUGIRIRA NEZA AKADUKIZA, IGIHE CYOSE TUMUSHANYE UMWETE TUTARYARYA. NYIRAMATWI YUMVA ABWIRWA BIKE, IBINDI AKIYUMVIRA. Ndabsuhuje benedata nan a bashiki bacu dusangiye gucungurwa muri Kristo Yesu. Ubu...

Continue reading